Abanya-Eritrea bihariye imidari mu cyiciro cya Junior
Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo hakinwaga icyiciro cy’abakiri bato mu bahungu n’abakobwa, aho Eritrea ari yo yaje kwiharira imidari, ndetse u Rwanda rwakiriye amarushanwa rukaba nta mudari rwegukanye uyu munsi.

Ku bakobwa, imyanya itatu ya mbere yihariwe n’abanya Eritrea, inegukana imidari itatu, naho mu bahungu uwa mbere aba umunya-Eritrea wakurikiwe n’abanya-Ethiopia babiri.
Kuri iki cyumweru haraba hasozwa iyi Shampiona y’Afurka, hakazasiganwa abakinnyi bakuru mu bagabo

Abegukanye imidari Abakobwa
1.KIDANE DESIET (ERITREA)
2.KASAHUN TSADKAN (ETHIOPIA)
3.HAILU ZAYID (ETHIOPIA)
Abahungu
1.HAILU BINIYAM (ERITREA)
2.YOSIEF TOMAS (ERITREA)
3.MESFIN HAGER (ERITREA)
Abakobwa batarengeje imyaka 23
1.GEBRU EYERU TESFOAM (ETHIOPIA)
2.GEBREHIWET TIGISTI (ERITREA)
3.AHMA SELAM (ETHIOPIA)
Abakobwa bakuru
1.GEBREMESKEL BISRAT (ERITREA)
2.BEYENE TSEGA (ETHIOPIA)
3.DEBESAY MOSANA (ERITREA)
Amafoto yaranze isiganwa ryo kuri uyu wa Gatandatu
























Kureba andi mafoto meza kanda AHA
Amafoto: Plaisir Muzogeye
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|