Amarira y’ibyishimo ku bakobwa ba Espagne muri Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali
Yanditswe na
Jean Claude Munyantore
Abakobwa b’Ikipe y’Igihugu ya Espagne bitabiriye Shampiyona y’Isi ry’Amagare 2025 i Kigali, ibyishimo byabarenze bararira, nyuma y’intsinzi ya mugenzi wabo Paula Ostiz, wabaye uwa mbere mu batarengeje imyaka 19, ku ntera y’ibilometero 74, yegukana umudali wa zahabu.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|