Kuri uyu wa gatanu taliki ya 13/11/2014, ku i Saa ine nibwo basore bagize amakipe 3 azahagarira u Rwanda bari bahagurutse mu kigo cy’iterambere mu mukino w’amagare giherereye mu karere ka Musanze.
Barangajwe imbere n’imodoka na Polisi y’u Rwanda ndetse n’abatoza b’aya makipe,baje gusesekara mu mujyi wa Kigali ahagana ku i saa saba z’amanywa aho ndetse wabonaga bishimiwe n’abantu benshi aho banyuraga hose.
Amafoto




























Amafoto: Muzogeye Plaisir
Sammy IMANISHIMWE
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|