Imvura nyinshi yatumye umuhanda Muhanga-Ngororero ufungwa

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kubera imvura nyinshi yateye umugezi wa Nyabarongo kuzura, umuhanda Muhanga-Ngororero wabaye ufunzwe by’agateganyo.

Byabereye mu Kagari ka Cyome, Umurenge wa Gatumba, ku ruhande rw’Akarere ka Ngororero.

Abakoresha uyu muhanda bagiriwe inama yo gukoresha umuhanda Kigali-Musanze-Mukamira-Ngororero.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka