Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
U Bufaransa: Polisi yarashe uwageragezaga gutwika urusengero
Bugesera: umurambo w’umugabo wari waburiye mu Kiyaga cya Rweru wabonetse
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yaganiriye na mugenzi we wa Guinée Conakry Amadou Oury Bah
Kicukiro: Abagore bashishikarijwe gukora cyane bakunganira abagabo mu iterambere ry’ingo