Uyu mutoza wari umaze iminsi atari mu Rwanda, yari amaze iminsi ategerejwe muri iyi kipe ategerejwe aho yagombaga kuba yaragarutse kuri uyu wa Kabiri.
Nk’uko bigaragara mu ibaruwa uyu mutoza yandikiye APR Fc, yahagaraitse akazi ko gutoza abisabwe n’abaganga kubera indwara y’umutima amaze iminsi arwaye
Ibaruwa Petrovic yandikiye APR Fc
.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|