Dr Petrovic watozaga APR Fc yahagaritse burundu akazi ko gutoza

Umutoza wa APR Fc, Dr Petrovic yamaze guhagarika burundu akazi ko gutoza, kubera ikibazo cy’uburwayi kimukomereye.

Dr Petrovic yatozaga APR Fc
Dr Petrovic yatozaga APR Fc

Uyu mutoza wari umaze iminsi atari mu Rwanda, yari amaze iminsi ategerejwe muri iyi kipe ategerejwe aho yagombaga kuba yaragarutse kuri uyu wa Kabiri.

Nk’uko bigaragara mu ibaruwa uyu mutoza yandikiye APR Fc, yahagaraitse akazi ko gutoza abisabwe n’abaganga kubera indwara y’umutima amaze iminsi arwaye

Ibaruwa Petrovic yandikiye APR Fc

.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka