Abayobozi n’abandi batandukanye bashimye Amavubi yahesheje u Rwanda ishema

Nyuma y’uko ikipe y’u Rwanda y’umupira w’amaguru Amavubi yegukanye intsinzi mu mukino wo gushaka itike ya 1/4 cy’irushanwa rya CHAN rihuza abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo, abayobozi n’abandi bantu batandukanye batanze ubutumwa bashimira akazi gakomeye iyo kipe yakoze.

Inkuru zijyanye na: CHAN2020

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Amavubi yatsinze ni byiza ndasaba ababishinzwe bagendeye kuri intsinzi bubake ikipe idasubira inyuma ahubwo itsinda buri gihe birareba cyane FERWAFA na MINISPOC si ubwa 1 ibigezeho ariko kuki isubira inyuma habura iki? hakorwa iki?. Ndibaza ngo amavubi under20 bakinye igikombe cy’isi babuze ababasimbura kuki? hakorwa ? bagiye hehe? Hari abadakora inshingano zabo uko bigomba nyamara FERWA na MINISPOC bafitiye ideni abanyarwanda.

DUMBULI yanditse ku itariki ya: 27-01-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka