Umunyezamu Nzarora Marcel yamaze gusinyira ikipe ya Mukura VS

Nzarora Marcel waherukaga kugurwa n’ikipe ya Musanze ariko ntayikinire, yamaze gusinya imyaka ibiri muri Mukura VS

Nyuma y’aho umunyezamu Umar Rwabugiri yerekeje muri APR FC, ubu Mukura yamaze kumusimbuza Nzarora Marcel waherukaga kwerekeza muri Musanze ariko ntabashe kuyikinira.

Nzarora Marcel wamenyekanye cyane mu ikipe y’igihugu yakinnye igikombe cy’isi muri Mexique cy’abatarengeje imyaka 17, yakiniye amakipe nka Rayon Sports ndetse na Police Fc.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka