Rayon Sports yemeje ko yatandukanye na Yannick Bizimana

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwemeza ko rutahizamu Yannick Bizimana atakiri umukinnyi wayo

Hari hashize iminsi amakuru avugwa ko ikipe ya Rayon Sports yamaze kugurisha rutahizamu Bizimana Yannick mu ikipe ya APR FC, amakuru impande zombi zahakanye.

Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo ikipe ya Rayon Sports yaje gutangaza ko yamaze gutandukana n’uyu mukinnyi ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka