Rayon Sports yangiwe gukorera imyitozo mu Nzove (AMAFOTO)

Ikipe ya Rayon Sports yangiwe gukora imyitozo ku kibuga isanzwe ikoreraho imyitozo mu Nzove kuri uyu wa mbere

Kuri uyu wa mbere ubwo abakinnyi ba Rayon Sports bageraga ku kibuga cy’imyitozo mu Nzove, bahasanze itangazo ribamenyesha ko ikibuga kitaboneka.

Nyuma y’iminota abakinnyi bamaze bicaye hanze abandi bari mu modoka, bahise bahamagarwa ngo bagaruke mu nama mu mujyi.

Ikipe ya Rayon Sports iri gutegura umukino w’umunsi wa munani wa Shampiyona uzayihuza na Marines kuri uyu wa Gatatu.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 13 )

ni guteikipe yagera ku kibuga ntikore imyitozo kandi bafitanye amasezerano na skol ikwiriye kubona impoza marira pegusa rayon ni rebekure ikodeshe mu gihecy’umwaka terrain synthethique naho ubundi ubwumvikane bucye buri mwikipe buzajya buyikoraho ku baba basinye amasezerano bacyuye igihe

brot yanditse ku itariki ya: 5-11-2019  →  Musubize

Ark nkamwe gutangaza inkuru ituzuye sibyo,ubuse gushyiraho impamvu ikibiga kitabonetse byabananiye!

Innocent yanditse ku itariki ya: 5-11-2019  →  Musubize

ku itangazo ariko hariho impamvu ikibuga cyafunzwe.

Eliezel yanditse ku itariki ya: 8-11-2019  →  Musubize

Ikipe y’Imana ntacyoyaba yashinzwe kurutare rwose ntacyo izaba

j baptus yanditse ku itariki ya: 4-11-2019  →  Musubize

Ikipe y’Imana nta cyayihungabanya

j baptus yanditse ku itariki ya: 4-11-2019  →  Musubize

Yebaba we, naringizengo ni wowe wayisimbura none nukuyisimbuza indi kipe, ngaho uvuye ngaho ugiye kuko zose zirasakuza. Pôle sana

Dina yanditse ku itariki ya: 4-11-2019  →  Musubize

iyi nkuru ntiyuzuye

innocent yanditse ku itariki ya: 4-11-2019  →  Musubize

Yaba baribayibujije burundu kko Rayons sports twayisimbuza Amagaju muri champions.naba nkize Induru zabo zamatakirangoyi

Emmanuel nkurunziza yanditse ku itariki ya: 4-11-2019  →  Musubize

Urakoze kuvuga ubusa!

Eric yanditse ku itariki ya: 4-11-2019  →  Musubize

Nari ngizengo wayisimbura naho ni ukuyisimbiza indi kipe ntacyo waba uhunze rwose uracyapfa n’induru.pôle sana.

Dina yanditse ku itariki ya: 4-11-2019  →  Musubize

Arko abantu bikigihe baransetsa koko urumva wayifuriza ko yava muri shampion gusa isubireho ntawugiseka kuko uracitswe mukuvuga

Niyonsenga Dieudonne yanditse ku itariki ya: 4-11-2019  →  Musubize

Umutindi ntagwa arahirima nawe warose ikyubabaye haaaa rayon
Ni equipe ya rubanda sha barakubeshye ntabwo dutunzwe na leta

Gikundiro yanditse ku itariki ya: 4-11-2019  →  Musubize

Cyore! ibi ni iki? muduhe amakuru ahagije.

Margo yanditse ku itariki ya: 4-11-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka