Perezida wa Rayon Sports yahagaritswe amezi atandatu mu mupira w’amaguru

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports Munyakazi Sadate yahagaritswe amezi atandatu atagaragara mu bikorwa byose bya siporo.

Munyakazi Sadate
Munyakazi Sadate

Nyuma yo gutumizwa n’akanama k’imyitwarire ka Ferwafa, umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Munyakazi Sadate, ahagaritswe na Ferwafa amezi atandatu atagaragara mu bikorwa byose by’umupira w’amaguru.

Abinyujije kuri Twitter, Munyakazi Sadate yatangaje ko bamaze kwakira iyi myanzuro, akaba azayijuririra ku wa mbere w’icyumweru gitaha.

Byinshi ku mpamvu z’ihagarikwa rya Munyakazi Sadate bikubiye muri iyi nyandiko ya Komisiyo y’Imyitwarire muri FERWAFA:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Sadate nakomere ntabwo byoroshye ariko bizashira. Dukunda Rayon

Mopo yanditse ku itariki ya: 10-05-2020  →  Musubize

ARIKO NDUMVA NTA KIBAZO SADATE UWAMUVUZE NABI YAMWIRUKANYE BURUNDU.NDUMVA NA FERWAFA KUBA YARAYIVUZE NABI AGOMBA KWAKIRA IGIHANO AHAWE.

RUTO yanditse ku itariki ya: 10-05-2020  →  Musubize

Ohh rayon kuki bakugendaho ukobishakiye Ferwafa sinzimpamvu igendakuri rayonsport ark baribeshya nzayirwinyuma

Hategekimana sam yanditse ku itariki ya: 10-05-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka