Mu mafoto: uko byari byifashe Rayon Sports itsinda APR ikegukana igikombe

Ikipe ya Rayon Sports yegukanye igikombe kiruta ibindi mu Rwanda itsinze APR Fc ibitego 2-0, byari ibyishimo ku bafana, abakinnyi n’abatoza.

Kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo kuri uyu wa gatatu habereye umukino wahuje ikipe ya APR fc na Rayon Sports, umukino wo gusubukura uwari wabereye i Rubavu ntiwarangira, haza gukinwa iminota 27 yari isigaye.

Mu mafoto, uko byari byifashe i Nyamirambo

1. Uko abakinnyi n’abatoza binjiye mu kibuga

2. Guhangana kwa Rugwiro Herve na Ismaila Diarra, umunota ku wundi bari kumwe

3. Umupira mu kibuga, amakipe ahangana

4. Nova Bayama acenga Emmanuel Imanishimwe

5. Abafana baa Rayon Sports bari benshi, iminota 27 ntibigeze bicara

6. Rayon Sports ihabwa igikombe, abakinnyi baribyinira

Amafoto: Muzogeye Plaisir

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Rwarutabura yaduteraga umwaku tu tugatsindwa. Aho agendeye ibikombe turabitwara

kajevuba yanditse ku itariki ya: 28-09-2017  →  Musubize

ikipe ni rayon,apr nireke twiterere umupira kuko tuyiri hejuru bigaragarira buri wec ubasha gukanura akabona.

BIZUMUREMYI Gaspard yanditse ku itariki ya: 28-09-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka