Nyuma y’imyaka ibiri akinira ikipe ya APR FC aho yayigiyemo avuye muri Rayon Sports, ubu Manzi Thierry yamaze gusezera bagenzi be aho nyuma yo gusoza amasezerano azerekeza mu cyiciro cya mbere muri Georgia.
Manzi Thierry yamaze kwerekeza mu ikipe yitwa FC Dila Gori ndetse yamaze no kumwandika mu bakinnyi izakoresha muri uyu mwaka w’imikino, iyi kipe ikaba yarasoje shampiyona iheruka iri ku mwanya wa kane.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|