Kwizera Pierrot yongeye gusinya muri Rayon Sports

Umukinnyi Kwizera Pierrot wakiniraga AS Kigali, yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Rayon Sports

Kwizera Pierrot wari umaze imyaka ibiri mu ikipe ya AS Kigali yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Rayon Sports, nyuma yo gusoza amasezerano yari afitanye na AS Kigali.

Kwizera Pierrot wigeze gukinira ikipe ya Rayon Sports, ni umwe mu bakinnyi bakoranye amateka nayo yo kugera bwa mbere mu matsinda ya CAF Confederation Cup, ndetse inagera muri 1/4 cy’iyo mikino.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

Rwose nibyagaciro kuba bagaruye pierrot
bazane nabandi nka lague

claudio yanditse ku itariki ya: 13-03-2022  →  Musubize

Batugarurire na yousef ikipe iraba yuzuye nicyo dusaba abayobozi bacu murakoze

Janvier yanditse ku itariki ya: 30-01-2022  →  Musubize

TURASHIME MUZANE UMUTOZA

BYIRINGIRO PASIFIKE yanditse ku itariki ya: 29-01-2022  →  Musubize

IMANA shimwe,Pierrot kuba yasnye,batugarurire na Yousef RARB,ubundi mutwitege. Ndi Deo from Nyamagabe.

Deo yanditse ku itariki ya: 29-01-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka