Habineza yagizwe Umunyamabanga mukuru wa Ferwafa w’agateganyo

Nyuma y’aho amasezerano ya Tharcille Latifah Uwamahoro arangiriye, ubu Ferwafa yamaze gushyiraho Umunyamabanga mukuru w’agateganyo

Habineza Emmanuel wari usanzwe n’ubundi ari umukozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, yamaze kwemezwa nk’Umunyamabanga mukuru.

Habineza Emmanuel wagizwe Umunyamabanga mukuru wa Ferwafa w'agateganyo
Habineza Emmanuel wagizwe Umunyamabanga mukuru wa Ferwafa w’agateganyo

Akaba yemejwe na Komite nyobozi ya Ferwafa yateranye kuri uyu wa Gatanu, hakaba hategerejwe nyuma ko yazemezwa burundu

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Twishiye impinduka nziza habineza azatugezaho mumupira wamaguru hano murwanda, doreko kubwa Degore Ruhago yacyendereye kubera kutazamura abakinnyi babikwiye n’abatoza bashoboye ahubwo bagashimisha nokuzana abatoza badashoboye.

Bazirubana basire yanditse ku itariki ya: 7-02-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka