Nyuma y’aho uyu munsi hari hafashwe ingamba zo gukina nta bafana bari ku kibuga, ubu hamaze gufatwa umwanzuro ko amarushanwa yose y’imikino ahagaritswe kugeza igihe kitazwi.
Ni itangazo ryatanzwe na Minisiteri ya Siporo, imenyesha amashyirahamwe y’imikino yose mu Rwanda kuba ihagaritse amarushanwa, mu rwego rwo gukumira Coronavirus yamaze kugaragara mu Rwanda.
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Ubuse,uyumunsi APR FC ntago iribukine?
Kandi ko yamaze kugera irusizi?