Iyi kipe yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira ku wa Mbere, yakoze imyitozo ya nyuma kuri uyu wa Kabiri kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo, mbere yo guhura na APR Fc kuri uyu wa Gatatu.
Yari imyitozo yoroheje, nyuma y;aho bari bakoze indi kuri uyu wa mbere, gusa batangaza ko nk’ikipe ifite ubunararibonye muri Afurika, biteguye kwitwara neza muri uyu mukino ndetse bakaba banegukana iki gikombe cya CAF Champions League.
Amwe mu mafoto y’imyitozo ya nyuma ya Club Africain i Nyamirambo
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|