APR FC yahawe igikombe cya Shampiyona ya 2020

Ikipe ya AR FC yahawe igikombe cya Shampiyona ya 2020 nyuma yo gusoza iyo Shampiyona idatsinzwe.

Chairman wa APR FC Maj General Mubarak Muganga yashikirijwe igikombe
Chairman wa APR FC Maj General Mubarak Muganga yashikirijwe igikombe

Ni igikombe yashyikirijwe kuri iki Cyumweru tariki ya 02 Gicurasi 2021, ubwo yakiraga ikipe ya Gorilla FC mu mukino w’umunsi wa mbere wa Shampiyona 2021/2021.

APR FC yatwaye igikombe cya Shampiyona nyuma y’uko abanyamuryango b’amakipe yo mu cyiciro cya mbere bahisemo kureba APR FC igatwara igikombe mu gihe amakipe ya Heroes na Gucumbi FC zamanutse mu cyiciro cya Kabiri

Kapiteni wa APR FC Manzi Thierry yashimishijwe guterura igikombe
Kapiteni wa APR FC Manzi Thierry yashimishijwe guterura igikombe
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Ewana apr fc yubahweee gahunda niyo kubabaza amakipe yose ashoboka peee kunda cyanee apr hejuruuu

Maniriho yanditse ku itariki ya: 26-06-2021  →  Musubize

Ikibazo nuko hari abagize uruhare mu kugeza iyi kipe kuri iki gikombe ubu batakiyirimo ngo bacyishimire bityo n’imidari yabo ikaba yahawe abataragikoreye.izi ni ingaruka za covid na Ferwafa mu gutinza iyi gahunda.

Francois yanditse ku itariki ya: 2-05-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka