Mu gihe abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda bamwe baraye bageze muri Maroc,abandi bakinnyi bakina hanze nabo bakomeje kugera mu mujyi wa Agadir, abandi bakinnyi bakina hanze nabob amaze kuhagera.
Abahageze uyu munsi ni Mukuzni Yannick ukinira Sandvikens IF yo muri Sweden, ndetse na Rafael York ukinira AFC Eskilstuna yo mu cyiciro cya kabiri muri Sweden, kugeza ubu we ariko akaba atazakina umukino wa Mali kuko atarabona ibyangombwa.
Abandi bakinnyi bakina hanze baraye bahageze barimo Ngwabije Bryan Clovis, Rwatubyaye Abdul, Emmanuel Imanishimwe na Manzi Thierry, ubu utarahagera akaba ari Bizimana Djihad uza kuhagera Saa moya z’umugoroba.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|