Ikiganiro na Buhigiro Jacques: Umwe mu banyezamu ba mbere ba Rayons Sports

Buhigiro Jacques w’imyaka 77 y’amavuko, ni we waririmbye indirimbo zitandukanye nka ‘Amafaranga, Agahinda karakanyagwa, Nkubaze Primus’ n’izindi, ariko ubusanzwe ni impuguke mu kuvura ingingo zimugaye (Kinésithérapie), umwuga yigiye mu Bubiligi guhera mu 1966-1970.

Buhigiro Jacques ni na we uvura abakinnyi b’amakipe y’igihugu mu mikino itandukanye (football, volleyball, Basketball, Taekwondo, Karate…).

Mu kiganiro yagiranye na KT TV (Kigali Today TV) ku mateka n’ubuzima bwe haba mu Rwanda no mu Burundi (1973 – 1995 – 2021…), Buhigiro Jacques yatubwiye ko ari umwe mu banyezamu ba mbere b’ikipe ya Rayons Sports i Nyanza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka