Amavubi yazindukiye mu myitozo yitegura DR Congo - AMAFOTO

Ikipe y’u Rwanda Amavubi, yazindukiye mu myitozo aho iri kwitegura umukino uzayihuza na Leopard ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.

Aya ni amwe mu mafoto agaragaza uko imyitozo yo kuri uyu wa kane tariki 28 Mutarama 2016 yari yifashe:

Abasore b'Amavubi bari mu myitozo yo kwitgura umukino na Congo.
Abasore b’Amavubi bari mu myitozo yo kwitgura umukino na Congo.
Ikirere cyabyutse kitameze neza ariko ntibyababujije kwitoza.
Ikirere cyabyutse kitameze neza ariko ntibyababujije kwitoza.
Morale ni yose ku basore b'Amavubi.
Morale ni yose ku basore b’Amavubi.
Umutoza w'Amavubi, Johnny McKinstry, aritegura guhura na Congo, umukino uzaba utoroshye ku mpande zombi.
Umutoza w’Amavubi, Johnny McKinstry, aritegura guhura na Congo, umukino uzaba utoroshye ku mpande zombi.
McKinstry yafashe n'umwanya wo kuganira n'itangazamakuru ku mukino uzaba kuri uyu wa gatandatu.
McKinstry yafashe n’umwanya wo kuganira n’itangazamakuru ku mukino uzaba kuri uyu wa gatandatu.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

ejo tuzabatera too!

babe manso too nibazirare.

ngiruwonsanga deo yanditse ku itariki ya: 29-01-2016  →  Musubize

Mwakoze Nyakubahwa Preresida wacu, mwakoze kubibutsa ko iki aricyo gihe cyabanyarwanda kwerekana ubudasa. Difference.
Twizeye ko mwigirira ikizere cyo gutsinda. Burya, abanyekongo bazwiho kumva ko bishoboka, nkuko abanya Uganda nabo muri aka karere bibwira muri ruhago. Gusa, ntakinanira abanya Rwanda iyo tubyiyemeje. Namwe mubyiyemeze urebe ngo Abanyekongo barataha barira nkuko twacyuye instinzi muri 2004 tuvanamo Uganda na Gabo baziko bitashoboka. This is the real time, Yes we can.

Mbanda Steven yanditse ku itariki ya: 28-01-2016  →  Musubize

Mwakoze Nyakubahwa Preresida wacu, mwakoze kubibutsa ko iki aricyo gihe cyabanyarwanda kwerekana ubudasa. Difference.
Twizeye ko mwigirira ikizere cyo gutsinda. Burya, abanyekongo bazwiho kumva ko bishoboka, nkuko abanya Uganda nabo muri aka karere bibwira muri ruhago. Gusa, ntakinanira abanya Rwanda iyo tubyiyemeje. Namwe mubyiyemeze urebe ngo Abanyekongo barataha barira nkuko twacyuye instinzi muri 2004 tuvanamo Uganda na Gabo baziko bitashoboka. This is the real time, Yes we can.

Mbanda Steven yanditse ku itariki ya: 28-01-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka