Aya ni amwe mu mafoto agaragaza uko imyitozo yo kuri uyu wa kane tariki 28 Mutarama 2016 yari yifashe:
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Aya ni amwe mu mafoto agaragaza uko imyitozo yo kuri uyu wa kane tariki 28 Mutarama 2016 yari yifashe:
|
Bugesera/Nyirarukobwa: Bibutse imiryango irenga 100 yazimye
Ubuhamya bw’abakoze Jenoside bushobora kujya butangwa kugira ngo ibyabaye birusheho kumenyekana
Israel: Uwari ushinzwe ubutasi mu gisirikare yeguye
Banki ya Kigali yatangiye kwegera abaturage muri gahunda ya ‘Nanjye Ni BK’
ejo tuzabatera too!
babe manso too nibazirare.
Mwakoze Nyakubahwa Preresida wacu, mwakoze kubibutsa ko iki aricyo gihe cyabanyarwanda kwerekana ubudasa. Difference.
Twizeye ko mwigirira ikizere cyo gutsinda. Burya, abanyekongo bazwiho kumva ko bishoboka, nkuko abanya Uganda nabo muri aka karere bibwira muri ruhago. Gusa, ntakinanira abanya Rwanda iyo tubyiyemeje. Namwe mubyiyemeze urebe ngo Abanyekongo barataha barira nkuko twacyuye instinzi muri 2004 tuvanamo Uganda na Gabo baziko bitashoboka. This is the real time, Yes we can.
Mwakoze Nyakubahwa Preresida wacu, mwakoze kubibutsa ko iki aricyo gihe cyabanyarwanda kwerekana ubudasa. Difference.
Twizeye ko mwigirira ikizere cyo gutsinda. Burya, abanyekongo bazwiho kumva ko bishoboka, nkuko abanya Uganda nabo muri aka karere bibwira muri ruhago. Gusa, ntakinanira abanya Rwanda iyo tubyiyemeje. Namwe mubyiyemeze urebe ngo Abanyekongo barataha barira nkuko twacyuye instinzi muri 2004 tuvanamo Uganda na Gabo baziko bitashoboka. This is the real time, Yes we can.