Umwe ku wundi, aba ni bo banyamakuru bakugejejeho Tour du Rwanda 2023 (AMAFOTO)

Mu minsi ishize ni bwo mu Rwanda hasojwe isiganwa rya Tour du Rwanda ryegukanywe n’umunya-Eritrea Henok Muluebrhan

Nyuma yo kuba bakorera ibitangazamakuru bitandukanye, intego yari imwe yo kugeza amakuru ya Tour du Rwanda ku bantu bose
Nyuma yo kuba bakorera ibitangazamakuru bitandukanye, intego yari imwe yo kugeza amakuru ya Tour du Rwanda ku bantu bose

Ni isiganwa mpuzamhanga ryitabirwa n’ibihangange, by’umwihariko Tour du Rwanda 2023 yitabiriwe n’umunyabigwi Chris Froome wegukanye Tour de France inshuro enye, aha byatumye umubare w’abakurikira iri siganwa wikuba inshuro nyinshi.

Kugira ngo amakuru agere kuri buri wese wifuza kuyamenya, itangazamakuru riza ku isonga yaba iryo mu Rwanda ndetse n’itangazamakuru mpuzamahanga. Hari benshi baba bifuza kumenya abanyamakuru babagezagaho amakuru umunota ku wundi.

Uwafataga amashusho yatambutswaga kuri Televiziyo Rwanda
Uwafataga amashusho yatambutswaga kuri Televiziyo Rwanda
Acungira hafi ko abasiganwa bagera aho isiganwa risorezwa ngo afate amashusho
Acungira hafi ko abasiganwa bagera aho isiganwa risorezwa ngo afate amashusho
Banyuzagamo bagafata amafoto mu gihe bategereje abasiganwa ko bagera hafi..
Banyuzagamo bagafata amafoto mu gihe bategereje abasiganwa ko bagera hafi..
MC David Bayingana umaze igihe kinini ayobora ibirori by'umukino w'amagare
MC David Bayingana umaze igihe kinini ayobora ibirori by’umukino w’amagare
Mugisha Dua ufatira amashusho ikinyamakuru IGIHE
Mugisha Dua ufatira amashusho ikinyamakuru IGIHE
Jado Dukuze wa FINE FM
Jado Dukuze wa FINE FM
Eric Muhire wafataga amashusho y'ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo TV5
Eric Muhire wafataga amashusho y’ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo TV5
Jean Claude Hitimana, Umunyamakuru akaba n'umuyobozi wa Radio 10
Jean Claude Hitimana, Umunyamakuru akaba n’umuyobozi wa Radio 10
Ishimwe Israel wa Igihe
Ishimwe Israel wa Igihe
Jean Claude Kanyamahanga "Kanyizo" na Mihigo Saddam wa BTN
Jean Claude Kanyamahanga "Kanyizo" na Mihigo Saddam wa BTN
MC Buryohe, yari umwe mu bashyushyarugamba
MC Buryohe, yari umwe mu bashyushyarugamba
Moses Niyonzima wa Kigali Today (uhagaze) na Renzaho Christophe wa Rwanda Magazine (wicaye)
Moses Niyonzima wa Kigali Today (uhagaze) na Renzaho Christophe wa Rwanda Magazine (wicaye)
Ngabo Roben wa Radio & TV One
Ngabo Roben wa Radio & TV One
Renzaho Christophe wa Rwanda Magazine
Renzaho Christophe wa Rwanda Magazine
Mihigo Saddam na Mugenzi we ufata amashusho kuri BTN
Mihigo Saddam na Mugenzi we ufata amashusho kuri BTN
Nyirabahire Safynat ufata amashusho ya Flash TV
Nyirabahire Safynat ufata amashusho ya Flash TV
Yvonne Iradukunda Karugenge wa B&B
Yvonne Iradukunda Karugenge wa B&B
Claire Mutoni wa Power FM
Claire Mutoni wa Power FM
Ephrem Kayiranga wa Radio Flash
Ephrem Kayiranga wa Radio Flash
Fabrice wa RBA ufata amashusho yo mu kirere hifashishijwe Drone
Fabrice wa RBA ufata amashusho yo mu kirere hifashishijwe Drone
Sammy Imanishimwe wa Kigali Today na KT Radio
Sammy Imanishimwe wa Kigali Today na KT Radio
Jean Claude Hitimana na Kanyizo
Jean Claude Hitimana na Kanyizo
Ishimwe Olivier uzwi nka Demba Ba ukorera Inyarwanda
Ishimwe Olivier uzwi nka Demba Ba ukorera Inyarwanda
Jimmy Adnan wafataga amashusho ya TV 10
Jimmy Adnan wafataga amashusho ya TV 10
Niyonzima Moise, ufata amafoto ya Kigali Today ari nawe wafashe aya mafoto yose
Niyonzima Moise, ufata amafoto ya Kigali Today ari nawe wafashe aya mafoto yose
Paul Mugabe wa Radio & TV 10, unakoresha imbuga nkoranyambaga zayo
Paul Mugabe wa Radio & TV 10, unakoresha imbuga nkoranyambaga zayo
Rabbin Imani Isaac wa isango Star
Rabbin Imani Isaac wa isango Star
Rigoga Ruth wa RBA
Rigoga Ruth wa RBA
Kayishema Tity Thierry wa RBA, ari nawe ushinzwe itangazamakuru muri FERWACY
Kayishema Tity Thierry wa RBA, ari nawe ushinzwe itangazamakuru muri FERWACY
Jean Claude Hitimana (Radio 10), Jean Claude Kwizigira (Radio Rwanda), Ephrem Kayiranga (Flash FM) na Sammy Imanishimwe (Kigali Today)
Jean Claude Hitimana (Radio 10), Jean Claude Kwizigira (Radio Rwanda), Ephrem Kayiranga (Flash FM) na Sammy Imanishimwe (Kigali Today)
Bayoboraga ibirori by'aho isiganwa risorezwa, bakugezaho umunota ku wundi uko isiganwa rihagaze, ni MC Brian Natete, MC Augustin Bigirimana na MC David Bayingana
Bayoboraga ibirori by’aho isiganwa risorezwa, bakugezaho umunota ku wundi uko isiganwa rihagaze, ni MC Brian Natete, MC Augustin Bigirimana na MC David Bayingana
Nyuma yo kuba bakorera ibitangazamakuru bitandukanye, intego yari imwe yo kugeza amakuru ya Tour du Rwanda ku bantu bose
Nyuma yo kuba bakorera ibitangazamakuru bitandukanye, intego yari imwe yo kugeza amakuru ya Tour du Rwanda ku bantu bose
Nyuma yo gusoza akazi k'iminsi umunani, ni uku byari bimeze
Nyuma yo gusoza akazi k’iminsi umunani, ni uku byari bimeze
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka