Perezida Kagame yitabiriye isozwa rya Tour du Rwanda 2023 (Amafoto)

Kuri iki Cyumweru tariki 26 Gashyantare 2023, ubwo hasozwaga isiganwa rya Tour du Rwanda ryari rimaze iminsi umunani ribera mu Rwanda, Perezida Kagame yitabiriye agace ka nyuma k’iri siganwa.

Perezida Kagame aha umwenda w'umuhondo Henok Mulueberhan wegukanye irushanwa
Perezida Kagame aha umwenda w’umuhondo Henok Mulueberhan wegukanye irushanwa

Ni isiganwa ryasojwe ryegukanywe n’Umunya-Eritrea Henok Mulueberhan, ari na we wegukanye agace ka nyuma kakinwe uyu munsi.

Ni ubwa kabiri Perezida Kagame yitabiriye Tour du Rwanda, aho n’umwaka ushize yitabiriye umunsi wo gusoza Tour du Rwanda 2022, yegukanywe nabwo n’umunya-Eritrea Natnael Tesfazion.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka