
Perezida Kagame aha umwenda w’umuhondo Henok Mulueberhan wegukanye irushanwa
Ni isiganwa ryasojwe ryegukanywe n’Umunya-Eritrea Henok Mulueberhan, ari na we wegukanye agace ka nyuma kakinwe uyu munsi.
Ni ubwa kabiri Perezida Kagame yitabiriye Tour du Rwanda, aho n’umwaka ushize yitabiriye umunsi wo gusoza Tour du Rwanda 2022, yegukanywe nabwo n’umunya-Eritrea Natnael Tesfazion.









Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|