Mutangampundu Esther wakinaga umukino w’Amagare yapfuye azize impanuka

Mutangampundu Esther wakinaga umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Les Amis Sportifs y’i Rwamagana yitabye Imana kuri uyu wa Kane, azize impanuka y’imodoka yagoganye nayo ari mu myitozo amanuka kuri Buranga mu Karere ka Musanze.

Mutangampundu Esther yitabye Imana azize impanuka y'imodoka
Mutangampundu Esther yitabye Imana azize impanuka y’imodoka

Mutangampundu yari amaze iminsi mu kigo cya Africa Rising Cycling kiri i Musanze hamwe na bagenzi be baturutse mu bihugu bitandukanye, aho bitoreza umunsi ku munsi bitegura amarushanwa atandukanye yaba ku rwego rw’igihugu ndetse no ku rwego rwa Afurika muri rusange.

Aya makuru Kigali Today iracyayakurikirana, irayabagezaho ku buryo burambuye mu kanya.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 11 )

yooooo!!!
pole kabisa, Imana ikomeze abasigaye.

mimi yanditse ku itariki ya: 25-11-2017  →  Musubize

ester ndamwibuka twigana ariko ndababaye cyane pe rip

j pierre yanditse ku itariki ya: 25-11-2017  →  Musubize

Esther IMANA ikwakire.abo mumuryangowe mwihangane.

Dusengumuremyi pacifique yanditse ku itariki ya: 25-11-2017  →  Musubize

Imana ibakire mubayo! RIP Esther!

Emmanuel yanditse ku itariki ya: 25-11-2017  →  Musubize

imana niyo ica nzira rest in peace

kennedy yanditse ku itariki ya: 25-11-2017  →  Musubize

bihangane imana iramuzi mubayo

nzamwita yanditse ku itariki ya: 25-11-2017  →  Musubize

birababaje cyane? hahobye beshi itorero igihugu (twihanga nishije imiryango ye) iyomodoka muyikurikirane ihombeje RWANDA.....

nzamwita yanditse ku itariki ya: 25-11-2017  →  Musubize

yewewe ntakundi IMANA imwakire mubayo

Boscus yanditse ku itariki ya: 25-11-2017  →  Musubize

Yoo RIP Esther, Imana nayo izi gutoranya intore!
Imana ikwakire mu bayo kdi yihanganishe n’abasigaye

Veneranda yanditse ku itariki ya: 25-11-2017  →  Musubize

NIHANGANISHIJE UMURYANGO WE

Anaclet yanditse ku itariki ya: 24-11-2017  →  Musubize

Uyu mukobwa arambabaje Imana imwakire mu bayo

iyamuremye vincent yanditse ku itariki ya: 24-11-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka