Alexandre Geniez yegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda

Mu isiganwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda ryatangiye kuri iki Cyumweru, Umufaransa Alexandre Geniez ni we wegukanye agace ka mbere k’iri siganwa kakiniwe kuri Kigali Arena n’inkengero zayo

Ku munsi wa mbere w’isiganwa rya Tour du Rwanda ryakinwe aho umuntu yakinaga ku giti cye hakareba igihe cyakoreshejwe, umufaransa Alexandre Geniez ukinira ikipe ya Total Energies ni we wanikiye abandi.

Alexandre Geniez wahagrutse nyuma y’abandi, yakoresheje iminota 04’41’’65, akurikirwa n’umunya-Colombia Resterepo Valencia, mu gihe umunyarwanda waje hafi ari Uhiriwe Byiza Renus waje ku mwanya wa 25 akoresheje 05’01’’74.

Urutonde rusange rw’uko bakurikiranye mu gace ka mbere

1 GENIEZ Alexandre TOTALENERGIES FRA 04’41’’65
2 RESTREPO VALENCIA Jhonatan DRONE HOPPER - ANDRONI COL 04’47’’34
3 DUJARDIN Sandy TOTALENERGIES FRA 04’48’’28
4 DREGE André TEAM COOP NOR 04’50’’63
5 LAURANCE Axel B&B HOTELS - KTM FRA 04’50’’89
6 HAYTER Leo GRANDE-BRETAGNE GBR 04’51’’24
7 MACKELLAR Alastair 10082355206 ISRAEL - PREMIER TECH AUS 04’53’’10
8 GOLDSTEIN Omer 10009246710 ISRAEL - PREMIER TECH ISR 04’55’’31
9 DONALDSON Robert GRANDE-BRETAGNE GBR 04’56’’09
10 NIELSEN Andreas Stokbro TEAM COOP DEN 04’56’’32

25 UHIRIWE Byiza Renus RWANDA RWA 05’01’’74
28 HAKIZIMANA Seth RWANDA RWA 05’03’’82
30 MUHOZA Eric RWANDA RWA 05’05’’02
43 MUGISHA Moise PROTOUCH RWA 05’07’’56
45 IRADUKUNDA Emmanuel RWANDA RWA 05’08’’00
49 MUGISHA Samuel PROTOUCH RWA 05’09’’48
60 BYUKUSENGE Patrick BENEDICTION IGNITE RWA 05’15’’19
62 NSENGIMANA Jean Bosco BENEDICTION IGNITE RWA 05’16’’68
74 14 10107267937 * NIYONKURU Samuel RWANDA RWA 05’23’’63
79 115 10065428605 UWIDUHAYE - BENEDICTION IGNITE RWA 05’26’’91
84 112 10063734741 MANIZABAYO Eric BENEDICTION IGNITE RWA 05’33’’13
86 114 10014579383 RUGAMBA Janvier BENEDICTION IGNITE RWA 05’34’’23

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

abasoreb’urwanda kobatangiyekubanikira ni danger kbx

ishimwe walter yanditse ku itariki ya: 20-02-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka