André Gromyko ageze kure akora feri izagabanya impanuka zo mu muhanda

Impuguke mu by’imodoka unazikoraho ubushakashatsi, Nikobisanzwe André Gromyko wamenyekanye cyane ubwo yakoraga umwuga w’itangazamakuru, yagiranye ikiganiro na Kigali Today.

Benshi bamukunze cyane ubwo yari mu mwuga w’itangazamakuru, abantu bakamukundira urwenya rwarangaga ibiganiro bye. Kuri ubu ni umwe mu bahanga mu bijyanye n’imodoka dore ko afite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga mu byiciro byose bitangwa mu Rwanda.

Ni n’umwe mu bantu bakurikiranira hafi ibijyanye n’amategeko y’umuhanda ndetse akaba ageze kure umushinga wo gukora feri ahamya ko izagabanya impanuka zo mu muhanda.

Bikurikire muri iki kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa KT Radio na Kigali Today, Umugwaneza Jean Claude Rusakara.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka