COP27: Ihere ijisho uko aho inama izabera mu Misiri harimbishijwe (Amafoto)

Mu Misiri ahitwa Sharm El Sheikh, hagiye kubera inama yiswe COP27, ikaba ari inama ya 27 y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku mihindagurikire y’ibihe (UNFCCC).

Iyo nama izatangira kuri iki Cyumweru tariki 6 ikazageza ku 18 Ugushyingo 2022, ikazitabirwa n’ibihugu bitandukanye byo hirya no hino ku isi n’u Rwanda rurimo. Iyi nama ije ikurikira iyabaye umwaka ushize wa 2021 mu kwezi k’Ugushyingo, ikabera i Glasgow muri Ecosse.

Amafoto: Niyonzima Moise

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Umushinga w’imodoka z’amashanyarazi wahenze inganda kuburyo aringombwa kubeshya ibihugu ngo bice imodoka zikoresha ibikomoka kuri petrole,bagomba kwifashisha ikirere nkuko bifashije covid19 ngo umushinga w’inkingo wa billgeti na papa ngo ugedweho ndetse nizindi nyungu zabo.
Ntakizabuza ibyahanuwe gusohora, ingamba zase zafatwa nizo zizarushaho kuzambya iyisi.
ndabiziko ntacyo abahanga bashobora gukora ngo babuze isi kwangirika ndetse no kurimbuka kuyitegereje.
Ahubwo iyinama, ninama yogusezera isi kuko iri kubaca muntoki bayireba kd bari bayikunze.none icyobaribigirijeho kigiye kuba umuyonga.

Nshimimana j.bosco yanditse ku itariki ya: 7-11-2022  →  Musubize

Abantu bangiza isi yacu bohereza imyotsi mu kirere (air pollution).Niyo mpamvu tubona Imiyaga ihitana byinshi (typhoons,hurricanes,etc...),Imiriro itazima itwika amashyamba (wildfires),tsunamis,INDWARA z’ibyorezo nka Korona,etc...Reba intambara zuzuye mu isi.Nkuko imana yabizereranyije,izarimbura abantu bose babi bakora ibyo itubuza ku munsi wa nyuma.Nibwo isi izamera neza,ituwe gusa n’abantu bakundana kandi bayumvira.

gatera yanditse ku itariki ya: 6-11-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka