Ingingo z’ingenzi z’impamvu yo gusaba guhinduza amazina

Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko Tshisekedi yatambamiye isinywa ry’amasezerano ya Washington
Bamfashije byose, ndabashimira - Uwabyaye umwana akamwitirira UCI
Mwogo: Basuye Ku Mulindi w’Intwari biyemeza kwimakaza Ubumwe n’Ubudaheranwa
Urwego rw’Ikoranabuhanga rwatanze akazi ku bagera ku 1990 mu mezi 9 gusa
Ni byiza rwose ko amategeko yemereye abantu guhindura amazina igihe bumva abateye ipfunwe. Nta commentaire n’imwe ikenewe kuko ubikora aba yarabitekerejeho cyane. Ndizera ko ubikora aba ari mukuru atari abandi bamugiriye inama yo guhindura. Ababyeyi bita izina bafite icyo bagendeyeho. Umuntu akimenye yakibonamo amateka y’ubuzima ku buryo icya mbere ari ukuyakira. Hanze yo guhindura, rubanda ntibazareka kuvuga ko yahoze yitwa kanaka. Nzi abantu bahinduye amazina yabo yose ku mpamvu zitandukanye n’iza Straton, ariko iyo duhuye nkabasuhuza mu mazina yabo ya kera byo gutebya birumvikana kuko bazi neza ko nzi neza ko bayahinduye, barikiriza rwose nta mbereka.