Ingingo z’ingenzi z’impamvu yo gusaba guhinduza amazina
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
|
|
#CECAFAKagameCup2026: Rayon Sports itangiye itsinda KVZ FC(Amafoto)
Na Brazil yatsinzwe birindwi, twamwijeje gukosora- Umutoza wa APR FC ku byo baganiriye na Gen. Mubarakh Muganga
William Saliba yasuye Cameroon afitemo inkomoko
Perezida Kagame n’umushyitsi we Gen. Muhoozi bagize akanya ko gukina Basket
Ni byiza rwose ko amategeko yemereye abantu guhindura amazina igihe bumva abateye ipfunwe. Nta commentaire n’imwe ikenewe kuko ubikora aba yarabitekerejeho cyane. Ndizera ko ubikora aba ari mukuru atari abandi bamugiriye inama yo guhindura. Ababyeyi bita izina bafite icyo bagendeyeho. Umuntu akimenye yakibonamo amateka y’ubuzima ku buryo icya mbere ari ukuyakira. Hanze yo guhindura, rubanda ntibazareka kuvuga ko yahoze yitwa kanaka. Nzi abantu bahinduye amazina yabo yose ku mpamvu zitandukanye n’iza Straton, ariko iyo duhuye nkabasuhuza mu mazina yabo ya kera byo gutebya birumvikana kuko bazi neza ko nzi neza ko bayahinduye, barikiriza rwose nta mbereka.