Ingingo z’ingenzi z’impamvu yo gusaba guhinduza amazina
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
|
|
Abasebya u Rwanda biyoberanyije kuri X akabo kashobotse
Nyamagabe: Biyemeje gukuba inshuro zirenga eshanu umusaruro wa Kawa
CAF yemereye Al Hilal SC na Al-Merrikh SC gukina Shampiyona y’u Rwanda 2025-2026
Ikibazo cya Rayon Sports cyagarutsweho mu Nteko Ishinga Amategeko
Ni byiza rwose ko amategeko yemereye abantu guhindura amazina igihe bumva abateye ipfunwe. Nta commentaire n’imwe ikenewe kuko ubikora aba yarabitekerejeho cyane. Ndizera ko ubikora aba ari mukuru atari abandi bamugiriye inama yo guhindura. Ababyeyi bita izina bafite icyo bagendeyeho. Umuntu akimenye yakibonamo amateka y’ubuzima ku buryo icya mbere ari ukuyakira. Hanze yo guhindura, rubanda ntibazareka kuvuga ko yahoze yitwa kanaka. Nzi abantu bahinduye amazina yabo yose ku mpamvu zitandukanye n’iza Straton, ariko iyo duhuye nkabasuhuza mu mazina yabo ya kera byo gutebya birumvikana kuko bazi neza ko nzi neza ko bayahinduye, barikiriza rwose nta mbereka.