Nyamara abandi babona uyu mugabo w’imyaka 65 nk’ugendera ku moko, ndetse ibikorwa bye byose biherekezwa n’inyungu zikomeye za politiki. Umva ubusesenguzi bw’Umushakashatsi kuri Jenoside Tom Ndahiro.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva impanuro Minisitiri Bizimana yahaye Indangamirwa icyiciro cya 15
14/08/2025 - 16:47
Iyumvire imihigo y’Intore zo mu Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15
14/08/2025 - 16:57
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yasabye Indangamirwa kunyomoza abasebya u Rwanda
14/08/2025 - 14:44Iziheruka

Bikingiranye mu rugo bakora ibirori bitemewe barenze ku mabwiriza yo kwirinda #COVID19
27/04/2021 - 00:21
Jay Polly n’abantu 11 bafatanywe urumogi banarenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
26/04/2021 - 19:23
Ntituzemera ko badutobera amateka - Umuyobozi wa AERG
26/04/2021 - 19:04
Abagabo 3 bakurikiranyweho icyaha cy’ubujura buciye icyuho
26/04/2021 - 18:52
Raporo Muse na Raporo Duclert ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside zitandukaniye he?
24/04/2021 - 09:55
RIB yerekanye abantu 3 bakurikiranyweho ubujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga
23/04/2021 - 08:02
Ubuhamya: Inka yababereye igitambo ibakiza Interahamwe zari zije kubica
19/04/2021 - 20:49
Abagabo 9 bakurikiranyweho gucura no gukoresha Perimi z’impimbano
19/04/2021 - 20:29
Ibyo Tom avuga nukuri Dr Mukwege nubwo yabonye igikombe.aliko ntiyigeze avuga abangiza abagore na bakobwa bo muli RDC impamvu ntakindi nuko abo alibo batumye abona ibyo bihembo ubundi ntiyari azwi kuli we byakomeza,akaguma kubona amadolali ntakimenyetso nikimwe avuga Gen Kabarebe yamushyize ho Gen ntaba muli Congo ibintu 2 agamije 1namafaranga 2 ni politiki ngo amenyekana afatanije nuriya watsinzwe amatora.ngo ni Fayuru nundi njiji yitwa,Muzito.aho kuvuga ukuri kubera hariya ngo bavuye abo FRDC yica i fata bavuga u Rwanda kuko ali bwo . bumvikana nta Ngabo yu Rwanda birerekana ko bayifatiye mumirwano hali kintu cyavuzwe najyaga nibaza abanyeCongo benshi birengagiza ukuri 1 ninde wabanje kwinjira mu Rwanda ni Congo yabanje kurwana.bibaniye bajya mugusahura 2ninde winjije Ex Far ni nterahamwe bafite intwaro ni Congo yabafunguriye imipaka bashakaga se ko batera byaturutse hariya bica abantu batwika tukarebera abanyeCongo icyo bashoboye,si urugamba bashoboye ibigambo gusa *