Nyamara abandi babona uyu mugabo w’imyaka 65 nk’ugendera ku moko, ndetse ibikorwa bye byose biherekezwa n’inyungu zikomeye za politiki. Umva ubusesenguzi bw’Umushakashatsi kuri Jenoside Tom Ndahiro.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

The Day Hope Knocked: Sherrie Silver Beyond the Spotlight
13/08/2025 - 12:01
Minisitiri w’Intebe ageza ku Nteko Ishinga Amategeko, Gahunda ya Guverinoma (2024-2029)
12/08/2025 - 18:10
Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37Iziheruka

Ubunyarwanda bukwiye kuba inkingi yubakirwaho iterambere ry’Igihugu - Madamu Jeannette Kagame
17/10/2021 - 14:05
Kigali: Mu myaka 5 hazakorwa imihanda ya kilometero zisaga 200
17/10/2021 - 13:39
Mako Nikoshwa: Nararwaye numva ko ngomba gupfa, iby’umubano wanjye na Nina...
17/10/2021 - 13:31
Massamba yahishuye ibanga umubyeyi we Sentore yamubwiye bwa nyuma
10/10/2021 - 23:02
Rurangwa Oswald wahamijwe ibyaha bya Jenoside yagejejwe mu Rwanda
7/10/2021 - 22:18
RIB yerekanye ibyafashwe bitujuje ubuziranenge
6/10/2021 - 09:30
Ababyeyi ntibakwiye guhanika inkwano kuko ‘Umwana si igishoro’
5/10/2021 - 07:58
André Gromyko ageze kure akora feri izagabanya impanuka zo mu muhanda
3/10/2021 - 10:01
Ibyo Tom avuga nukuri Dr Mukwege nubwo yabonye igikombe.aliko ntiyigeze avuga abangiza abagore na bakobwa bo muli RDC impamvu ntakindi nuko abo alibo batumye abona ibyo bihembo ubundi ntiyari azwi kuli we byakomeza,akaguma kubona amadolali ntakimenyetso nikimwe avuga Gen Kabarebe yamushyize ho Gen ntaba muli Congo ibintu 2 agamije 1namafaranga 2 ni politiki ngo amenyekana afatanije nuriya watsinzwe amatora.ngo ni Fayuru nundi njiji yitwa,Muzito.aho kuvuga ukuri kubera hariya ngo bavuye abo FRDC yica i fata bavuga u Rwanda kuko ali bwo . bumvikana nta Ngabo yu Rwanda birerekana ko bayifatiye mumirwano hali kintu cyavuzwe najyaga nibaza abanyeCongo benshi birengagiza ukuri 1 ninde wabanje kwinjira mu Rwanda ni Congo yabanje kurwana.bibaniye bajya mugusahura 2ninde winjije Ex Far ni nterahamwe bafite intwaro ni Congo yabafunguriye imipaka bashakaga se ko batera byaturutse hariya bica abantu batwika tukarebera abanyeCongo icyo bashoboye,si urugamba bashoboye ibigambo gusa *