Nyamara abandi babona uyu mugabo w’imyaka 65 nk’ugendera ku moko, ndetse ibikorwa bye byose biherekezwa n’inyungu zikomeye za politiki. Umva ubusesenguzi bw’Umushakashatsi kuri Jenoside Tom Ndahiro.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe ageza ku Nteko Ishinga Amategeko, Gahunda ya Guverinoma (2024-2029)
12/08/2025 - 18:10
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03Iziheruka

Minisitiri w’Intebe yahaye impanuro Musenyeri mushya, Papias Musengamana
17/05/2022 - 07:15
Uko umuhango wo kwimika Musenyeri wa Diyosezi ya Byumba wagenze
17/05/2022 - 06:43
Menya imishinga ine yahize indi muri ‘iAccelerator’
17/05/2022 - 06:34
Uko umutekano wari wakajijwe ubwo Micomyiza yitabaga urukiko bwa mbere
17/05/2022 - 06:25
Abakinnyi ba PSG bahuye n’abafana mu Rwanda, baganira n’abana biga Football
3/05/2022 - 12:29
Abayisilamu bishimiye kongera guhurira kuri Sitade mu isengesho risoza Ramadhan
2/05/2022 - 18:21
Reba uko Micomyiza ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yagejejwe mu Rwanda
27/04/2022 - 18:47
Tariki 21 Mata 1994, umunsi w’icuraburindi ku Mayaga - Ubuhamya bw’abaharokokeye
22/04/2022 - 23:02
Ibyo Tom avuga nukuri Dr Mukwege nubwo yabonye igikombe.aliko ntiyigeze avuga abangiza abagore na bakobwa bo muli RDC impamvu ntakindi nuko abo alibo batumye abona ibyo bihembo ubundi ntiyari azwi kuli we byakomeza,akaguma kubona amadolali ntakimenyetso nikimwe avuga Gen Kabarebe yamushyize ho Gen ntaba muli Congo ibintu 2 agamije 1namafaranga 2 ni politiki ngo amenyekana afatanije nuriya watsinzwe amatora.ngo ni Fayuru nundi njiji yitwa,Muzito.aho kuvuga ukuri kubera hariya ngo bavuye abo FRDC yica i fata bavuga u Rwanda kuko ali bwo . bumvikana nta Ngabo yu Rwanda birerekana ko bayifatiye mumirwano hali kintu cyavuzwe najyaga nibaza abanyeCongo benshi birengagiza ukuri 1 ninde wabanje kwinjira mu Rwanda ni Congo yabanje kurwana.bibaniye bajya mugusahura 2ninde winjije Ex Far ni nterahamwe bafite intwaro ni Congo yabafunguriye imipaka bashakaga se ko batera byaturutse hariya bica abantu batwika tukarebera abanyeCongo icyo bashoboye,si urugamba bashoboye ibigambo gusa *