Nyamara abandi babona uyu mugabo w’imyaka 65 nk’ugendera ku moko, ndetse ibikorwa bye byose biherekezwa n’inyungu zikomeye za politiki. Umva ubusesenguzi bw’Umushakashatsi kuri Jenoside Tom Ndahiro.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Kayirebwa na Muyango bakuriwe ingofero muri BK Arena
27/11/2023 - 07:42
Rumaga na Ruti Joel bunamiye Yvan Buravan mu gitaramo cya Kigali Kulture Konnect
27/11/2023 - 07:38
Dore icyo umuhanzi asabwa mu guhatana muri ArtRwanda-Ubuhanzi III
5/11/2023 - 16:37
#RwandanEpic2023: The best of mountain bike in the rocky terrain of Rwanda
5/11/2023 - 16:05
Australia announced as host of the 24th WTTC Global Summit, as the 23rd edition concludes in Kigali
5/11/2023 - 13:18
Kiliziya Gatolika y’i Kabuga yasabiye abarenga 400 bashyinguye mu irimbi rya Rusororo
5/11/2023 - 13:03
23rd WTTC Global Summit: President Kagame and Samia Suluhu grace the Opening Ceremony
5/11/2023 - 12:54
Gathof and Classens continue to conquer Rwandan Epic challenging terrain
5/11/2023 - 12:47
Ibyo Tom avuga nukuri Dr Mukwege nubwo yabonye igikombe.aliko ntiyigeze avuga abangiza abagore na bakobwa bo muli RDC impamvu ntakindi nuko abo alibo batumye abona ibyo bihembo ubundi ntiyari azwi kuli we byakomeza,akaguma kubona amadolali ntakimenyetso nikimwe avuga Gen Kabarebe yamushyize ho Gen ntaba muli Congo ibintu 2 agamije 1namafaranga 2 ni politiki ngo amenyekana afatanije nuriya watsinzwe amatora.ngo ni Fayuru nundi njiji yitwa,Muzito.aho kuvuga ukuri kubera hariya ngo bavuye abo FRDC yica i fata bavuga u Rwanda kuko ali bwo . bumvikana nta Ngabo yu Rwanda birerekana ko bayifatiye mumirwano hali kintu cyavuzwe najyaga nibaza abanyeCongo benshi birengagiza ukuri 1 ninde wabanje kwinjira mu Rwanda ni Congo yabanje kurwana.bibaniye bajya mugusahura 2ninde winjije Ex Far ni nterahamwe bafite intwaro ni Congo yabafunguriye imipaka bashakaga se ko batera byaturutse hariya bica abantu batwika tukarebera abanyeCongo icyo bashoboye,si urugamba bashoboye ibigambo gusa *