Nyamara abandi babona uyu mugabo w’imyaka 65 nk’ugendera ku moko, ndetse ibikorwa bye byose biherekezwa n’inyungu zikomeye za politiki. Umva ubusesenguzi bw’Umushakashatsi kuri Jenoside Tom Ndahiro.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Irebere ibirori byo guha Impamyabushobozi za kaminuza Abofisiye ba RDF
4/08/2025 - 19:39
Inshingano za BNR mu kurengera inyungu z’abaturage no guteza imbere Ubukungu bw’Igihugu
4/08/2025 - 17:31
3rd Session of the Joint Permanent Commission on Cooperation (JPCC) between Rwanda and Zimbabwe
7/08/2025 - 08:45Iziheruka

Abarundi bakoze Jenoside ntiboherezwa mu Rwanda ntibanaburanishwa - Alain Mukuralinda
15/01/2024 - 11:34
Ababyinnyi mu Rwanda ntibakiri ba ‘Ucezereza angahe?’
15/01/2024 - 11:14
Rwanda: King Abdullah II bin Al-Hussein of Jordan pays tribute to victims of the Genocide
8/01/2024 - 19:12
Twaganiriye n’impuguke muri Basketball ku mpamvu zaba zaratumye NBA Africa igirira icyizere Clare Akamanzi
6/01/2024 - 21:00
Kigali: Reba uko binjiye mu mwaka mushya wa 2024
1/01/2024 - 10:22
Polisi iraburira ababangamira abandi kuri Bonane
31/12/2023 - 22:43
Ntabwo turi guhangana na Zari - Kigali Boss Babes
31/12/2023 - 22:35
Umuhanzi Ruti Joël yanyuze abitabiriye igitaramo ‘Rumata wa Musomandera’
28/12/2023 - 10:33
Ibyo Tom avuga nukuri Dr Mukwege nubwo yabonye igikombe.aliko ntiyigeze avuga abangiza abagore na bakobwa bo muli RDC impamvu ntakindi nuko abo alibo batumye abona ibyo bihembo ubundi ntiyari azwi kuli we byakomeza,akaguma kubona amadolali ntakimenyetso nikimwe avuga Gen Kabarebe yamushyize ho Gen ntaba muli Congo ibintu 2 agamije 1namafaranga 2 ni politiki ngo amenyekana afatanije nuriya watsinzwe amatora.ngo ni Fayuru nundi njiji yitwa,Muzito.aho kuvuga ukuri kubera hariya ngo bavuye abo FRDC yica i fata bavuga u Rwanda kuko ali bwo . bumvikana nta Ngabo yu Rwanda birerekana ko bayifatiye mumirwano hali kintu cyavuzwe najyaga nibaza abanyeCongo benshi birengagiza ukuri 1 ninde wabanje kwinjira mu Rwanda ni Congo yabanje kurwana.bibaniye bajya mugusahura 2ninde winjije Ex Far ni nterahamwe bafite intwaro ni Congo yabafunguriye imipaka bashakaga se ko batera byaturutse hariya bica abantu batwika tukarebera abanyeCongo icyo bashoboye,si urugamba bashoboye ibigambo gusa *