Nyamara abandi babona uyu mugabo w’imyaka 65 nk’ugendera ku moko, ndetse ibikorwa bye byose biherekezwa n’inyungu zikomeye za politiki. Umva ubusesenguzi bw’Umushakashatsi kuri Jenoside Tom Ndahiro.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02
Volleyball: Police yihimuriye kuri REG iyitsinda amaseti 3-1
8/11/2025 - 10:42
17th Graduation Ceremony of INES Ruhengeri: 1,479 Graduates receive Bachelors and Masters Degrees
1/11/2025 - 11:45Iziheruka
M23 yashyikirije u Rwanda Gen Gakwerere wa FDLR unakekwaho kwica Umwamikazi Gicanda
1/03/2025 - 20:28
PAPSS: Abakiriya ba BK barimo guhererekanya amafaranga n’abandi Banyafurika nta kuvunjisha
27/02/2025 - 07:45
President Kagame: Taking ownership of our development isn’t something we can ask others to do for us
26/02/2025 - 11:46
Zambian Fintech started with $500 to build a Pan-African Bank that uses Artificial Intelligence
25/02/2025 - 17:11
Dutembere ku kirwa cya Nkombo hasigaye hari Hoteli isobanutse
22/02/2025 - 11:43
Shisha Kibondo: Abana n’ababyeyi bo ku Nkombo nabo ibageraho
21/02/2025 - 11:22
Umva impungenge z’Abasaza ku mashyuza ya Bugarama
19/02/2025 - 09:12
Abanyekongo bari bahungiye mu Rwanda basubiye iwabo
17/02/2025 - 17:05
Ibyo Tom avuga nukuri Dr Mukwege nubwo yabonye igikombe.aliko ntiyigeze avuga abangiza abagore na bakobwa bo muli RDC impamvu ntakindi nuko abo alibo batumye abona ibyo bihembo ubundi ntiyari azwi kuli we byakomeza,akaguma kubona amadolali ntakimenyetso nikimwe avuga Gen Kabarebe yamushyize ho Gen ntaba muli Congo ibintu 2 agamije 1namafaranga 2 ni politiki ngo amenyekana afatanije nuriya watsinzwe amatora.ngo ni Fayuru nundi njiji yitwa,Muzito.aho kuvuga ukuri kubera hariya ngo bavuye abo FRDC yica i fata bavuga u Rwanda kuko ali bwo . bumvikana nta Ngabo yu Rwanda birerekana ko bayifatiye mumirwano hali kintu cyavuzwe najyaga nibaza abanyeCongo benshi birengagiza ukuri 1 ninde wabanje kwinjira mu Rwanda ni Congo yabanje kurwana.bibaniye bajya mugusahura 2ninde winjije Ex Far ni nterahamwe bafite intwaro ni Congo yabafunguriye imipaka bashakaga se ko batera byaturutse hariya bica abantu batwika tukarebera abanyeCongo icyo bashoboye,si urugamba bashoboye ibigambo gusa *