Nyamara abandi babona uyu mugabo w’imyaka 65 nk’ugendera ku moko, ndetse ibikorwa bye byose biherekezwa n’inyungu zikomeye za politiki. Umva ubusesenguzi bw’Umushakashatsi kuri Jenoside Tom Ndahiro.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
BK na Israel Mbonyi bagiye kwinjiza Abanyarwanda muri Noheli bishimye
18/12/2025 - 22:00
Ishusho ya Rwanda Premier League mu mboni z’umuyobozi wayo
18/12/2025 - 11:35
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04Iziheruka
Dusabimana Emmanuel Luck Fire ’Michael Jackson’ wo mu Rwanda aratangaje pe
22/02/2019 - 12:34
Kuba umufotogarafe mwiza bisaba kuba utari umunebwe - MUZOGEYE Plaisir
22/02/2019 - 12:28
Intwaza Bagirinka yasabye urubyiruko kubakira ku byiza igihugu kimaze kugeraho
19/02/2019 - 15:48
Hejuru ndi muto hasi harataratse - Miss Gisabo
19/02/2019 - 15:40
Ubyumva ute kuri EAC hamwe na Amb. Olivier Nduhungirehe, Dr Christopher Kayumva na Edmond Kagire
8/02/2019 - 10:34
Miss Jolly Avuga kuri Mwiseneza, Meghan ndetse n’ijambo ’Girl’ ryamusobye muri Miss Rwanda
8/02/2019 - 10:18
Iyo ibiryo byakunaniye ugerageza byose - Ndimbati
6/02/2019 - 10:24
Ibyishimo by’Ingabo z’u Rwanda basoza imikino y’igikombe cy’Intwari 2019
1/02/2019 - 15:10
Ibyo Tom avuga nukuri Dr Mukwege nubwo yabonye igikombe.aliko ntiyigeze avuga abangiza abagore na bakobwa bo muli RDC impamvu ntakindi nuko abo alibo batumye abona ibyo bihembo ubundi ntiyari azwi kuli we byakomeza,akaguma kubona amadolali ntakimenyetso nikimwe avuga Gen Kabarebe yamushyize ho Gen ntaba muli Congo ibintu 2 agamije 1namafaranga 2 ni politiki ngo amenyekana afatanije nuriya watsinzwe amatora.ngo ni Fayuru nundi njiji yitwa,Muzito.aho kuvuga ukuri kubera hariya ngo bavuye abo FRDC yica i fata bavuga u Rwanda kuko ali bwo . bumvikana nta Ngabo yu Rwanda birerekana ko bayifatiye mumirwano hali kintu cyavuzwe najyaga nibaza abanyeCongo benshi birengagiza ukuri 1 ninde wabanje kwinjira mu Rwanda ni Congo yabanje kurwana.bibaniye bajya mugusahura 2ninde winjije Ex Far ni nterahamwe bafite intwaro ni Congo yabafunguriye imipaka bashakaga se ko batera byaturutse hariya bica abantu batwika tukarebera abanyeCongo icyo bashoboye,si urugamba bashoboye ibigambo gusa *