Nyamara abandi babona uyu mugabo w’imyaka 65 nk’ugendera ku moko, ndetse ibikorwa bye byose biherekezwa n’inyungu zikomeye za politiki. Umva ubusesenguzi bw’Umushakashatsi kuri Jenoside Tom Ndahiro.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29Iziheruka

VIDEO: Yabazwe ikibyimba amaranye imyaka 6 ku gahanga
24/02/2018 - 09:47
Perezida Kagame yakiriye ku meza mugenzi we wa Zambia Perezida Edgar Lungu
22/02/2018 - 11:44
Perezida Lungu wa Zambia yunamiye abantu bazize Jenoside yakorewe Abatutsi
21/02/2018 - 21:14
Video: Dore amanywa n’ijoro byo ku Gishushu
19/02/2018 - 12:06
Iyo ataba Mowzey Radio, umuhanzi Pallaso ntiyari kuzamenyekana
14/02/2018 - 11:48
VIDEO: Abakanika ibimodoka bikora imihanda bagiye kujya babyigira mu Rwanda
13/02/2018 - 16:06
Uzuri K&Y igiye kwibagiza abanyarwanda inkweto z’iburayi
12/02/2018 - 08:34
Imyiteguro y’ikipe y’igihugu izakina ’African Continental Road Championships 2018’
10/02/2018 - 16:06
Ibyo Tom avuga nukuri Dr Mukwege nubwo yabonye igikombe.aliko ntiyigeze avuga abangiza abagore na bakobwa bo muli RDC impamvu ntakindi nuko abo alibo batumye abona ibyo bihembo ubundi ntiyari azwi kuli we byakomeza,akaguma kubona amadolali ntakimenyetso nikimwe avuga Gen Kabarebe yamushyize ho Gen ntaba muli Congo ibintu 2 agamije 1namafaranga 2 ni politiki ngo amenyekana afatanije nuriya watsinzwe amatora.ngo ni Fayuru nundi njiji yitwa,Muzito.aho kuvuga ukuri kubera hariya ngo bavuye abo FRDC yica i fata bavuga u Rwanda kuko ali bwo . bumvikana nta Ngabo yu Rwanda birerekana ko bayifatiye mumirwano hali kintu cyavuzwe najyaga nibaza abanyeCongo benshi birengagiza ukuri 1 ninde wabanje kwinjira mu Rwanda ni Congo yabanje kurwana.bibaniye bajya mugusahura 2ninde winjije Ex Far ni nterahamwe bafite intwaro ni Congo yabafunguriye imipaka bashakaga se ko batera byaturutse hariya bica abantu batwika tukarebera abanyeCongo icyo bashoboye,si urugamba bashoboye ibigambo gusa *