Nyamara abandi babona uyu mugabo w’imyaka 65 nk’ugendera ku moko, ndetse ibikorwa bye byose biherekezwa n’inyungu zikomeye za politiki. Umva ubusesenguzi bw’Umushakashatsi kuri Jenoside Tom Ndahiro.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Irebere uko Umujyi wa Kigali warimbishijwe hitegurwa iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani
20/12/2025 - 22:18
Kurikira ibijyanye n’amabwiriza agenga imikoreshereze y’Amadovize mu Rwanda
20/12/2025 - 10:07
Beach Volleyball: Abakinnyi barishimira urwego bagezeho
20/12/2025 - 09:52Iziheruka
Impunzi zavuye muri Libya zibayeho gute? Twarabasuye mu nkambi i Gashora
10/01/2020 - 11:17
Minisitiri Biruta yasobanuye uko u Rwanda rubanye n’ibihugu byo mu Karere
9/01/2020 - 10:40
Dore ukuntu Chorale de Kigali yirukana Sekibi mu ndirimbo
9/01/2020 - 10:23
Super Manager: Nasimbutse ku ibere rya Bigogwe, umugabo ntanga ni Mike Karangwa
9/01/2020 - 10:07
Uyu mwana ntasanzwe! Agendera ku mugozi mu kirere!
8/01/2020 - 13:04
Gen James Kabarebe yavuze igitambo RDF yatanze igatsinda urugamba rw’abacengezi
6/01/2020 - 11:39
Uburyo Gasore Serge yavumbuyemo ko afite impano yo kwiruka buratangaje
6/01/2020 - 11:25
Impamvu nyamukuru yatumye ababiciye bigacika muri ruhago nyarwanda barahindutse abakene
6/01/2020 - 11:13
Ibyo Tom avuga nukuri Dr Mukwege nubwo yabonye igikombe.aliko ntiyigeze avuga abangiza abagore na bakobwa bo muli RDC impamvu ntakindi nuko abo alibo batumye abona ibyo bihembo ubundi ntiyari azwi kuli we byakomeza,akaguma kubona amadolali ntakimenyetso nikimwe avuga Gen Kabarebe yamushyize ho Gen ntaba muli Congo ibintu 2 agamije 1namafaranga 2 ni politiki ngo amenyekana afatanije nuriya watsinzwe amatora.ngo ni Fayuru nundi njiji yitwa,Muzito.aho kuvuga ukuri kubera hariya ngo bavuye abo FRDC yica i fata bavuga u Rwanda kuko ali bwo . bumvikana nta Ngabo yu Rwanda birerekana ko bayifatiye mumirwano hali kintu cyavuzwe najyaga nibaza abanyeCongo benshi birengagiza ukuri 1 ninde wabanje kwinjira mu Rwanda ni Congo yabanje kurwana.bibaniye bajya mugusahura 2ninde winjije Ex Far ni nterahamwe bafite intwaro ni Congo yabafunguriye imipaka bashakaga se ko batera byaturutse hariya bica abantu batwika tukarebera abanyeCongo icyo bashoboye,si urugamba bashoboye ibigambo gusa *