Nyamara abandi babona uyu mugabo w’imyaka 65 nk’ugendera ku moko, ndetse ibikorwa bye byose biherekezwa n’inyungu zikomeye za politiki. Umva ubusesenguzi bw’Umushakashatsi kuri Jenoside Tom Ndahiro.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32Iziheruka

Uko byari byifashe kwa Gitwaza no kwa Masasu mu ijoro ryo kwinjira mu mwaka wa 2020
1/01/2020 - 19:18
Ntabwo waba umwere ubona ibibi bikorwa ugaceceka - Perezida Paul Kagame
1/01/2020 - 19:07
Umushyikirano: Barore yasekeje abantu ubwo yari ayoboye ikiganiro
1/01/2020 - 18:56
Dore udushya twaranze igitaramo cya Chorale de Kigali 2019
1/01/2020 - 18:45
Umwaka mushya wa 2020! Reba uko fireworks zaturikijwe i Nyamirambo, kuri KCC n’i Remera
1/01/2020 - 09:24
Kigali mu isura nshya, hizihizwa Noheli n’umwaka mushya wa 2020
24/12/2019 - 15:06
Uko Perezida Kagame abona ikibazo cyo kwimura abatuye mu bishanga
23/12/2019 - 18:47
#Umushyikirano2019: Izina ’Keza Nyiramajyambere’ ryabaye izingiro ry’ibiganiro
23/12/2019 - 18:21
Ibyo Tom avuga nukuri Dr Mukwege nubwo yabonye igikombe.aliko ntiyigeze avuga abangiza abagore na bakobwa bo muli RDC impamvu ntakindi nuko abo alibo batumye abona ibyo bihembo ubundi ntiyari azwi kuli we byakomeza,akaguma kubona amadolali ntakimenyetso nikimwe avuga Gen Kabarebe yamushyize ho Gen ntaba muli Congo ibintu 2 agamije 1namafaranga 2 ni politiki ngo amenyekana afatanije nuriya watsinzwe amatora.ngo ni Fayuru nundi njiji yitwa,Muzito.aho kuvuga ukuri kubera hariya ngo bavuye abo FRDC yica i fata bavuga u Rwanda kuko ali bwo . bumvikana nta Ngabo yu Rwanda birerekana ko bayifatiye mumirwano hali kintu cyavuzwe najyaga nibaza abanyeCongo benshi birengagiza ukuri 1 ninde wabanje kwinjira mu Rwanda ni Congo yabanje kurwana.bibaniye bajya mugusahura 2ninde winjije Ex Far ni nterahamwe bafite intwaro ni Congo yabafunguriye imipaka bashakaga se ko batera byaturutse hariya bica abantu batwika tukarebera abanyeCongo icyo bashoboye,si urugamba bashoboye ibigambo gusa *