Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane mu rugano ahavukiye Radio Muhabura, aho Ingabo za RPA zahinduriye amayeri y’urugamba
29/06/2025 - 15:48
I Kigali hatangijwe inama nyafurika ku ngufu za Nikereyeri, uko byari byifashe
30/06/2025 - 15:55
I Nyanza Ingabo za EAC zirimo kuvura abaturage ku buntu
29/06/2025 - 20:56Iziheruka

Rusesabagina na bagenzi be bareganwa bongeye kwitaba urukiko
5/03/2021 - 19:47
U Rwanda rukomeje kwakira inkingo za #COVID19
5/03/2021 - 19:10
Polisi yafashe abacuruzi b’amavuta ya Mukorogo yangiza uruhu
3/03/2021 - 00:17
Agahinda n’umubabaro mwinshi mu misa yo gusezera kuri Padiri Ubald
2/03/2021 - 23:03
Kigali: Abasore n’inkumi 37 bafashwe bakina filime abandi bahinduye urugo akabari
2/03/2021 - 22:28
Polisi yerekanye abakekwaho gucura impushya zibemerera kujya mu Ntara, n’abatekamutwe
27/02/2021 - 22:47
Ikibazo cy’amikoro muri Rayons Sports kigiye gukemurwa mu buryo buhoraho
27/02/2021 - 22:25
Ikibazo cy’ibura ry’Amazi muri Kigali no mu Bugesera cyavugutiwe umuti
27/02/2021 - 22:16
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19