Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane mu rugano ahavukiye Radio Muhabura, aho Ingabo za RPA zahinduriye amayeri y’urugamba
29/06/2025 - 15:48
I Kigali hatangijwe inama nyafurika ku ngufu za Nikereyeri, uko byari byifashe
30/06/2025 - 15:55
I Nyanza Ingabo za EAC zirimo kuvura abaturage ku buntu
29/06/2025 - 20:56Iziheruka

Bafashwe bashaka guha Abapolisi ruswa bayita kubagurira amazi yo kunywa
17/05/2021 - 11:14
#Kwibuka27: Imiryango yazimye ni Ikimenyetso cy’ubukana Jenoside yakorewe Abatutsi yakoranywe
17/05/2021 - 09:29
Video: Reba uko Abayislamu bizihije umunsi mukuru wa Eid al-Fitr
14/05/2021 - 19:45
Cristian Rodriguez yegukanye Tour du Rwanda 2021
10/05/2021 - 00:25
#TdRwanda2021: Restrepo Jhonatan yegukanye agace ka 7
10/05/2021 - 00:15
#TdRwanda2021: Umufaransa Pierre Rolland yegukanye agace ka 6
10/05/2021 - 00:02
Dore abagabo bihebeye gutungwa n’ibyo batavunikiye bakora ubujura
9/05/2021 - 21:48
#TdRwanda2021: Umufaransa Alan Boileau yongeye kwigaragaza atwara agace Nyagatare-Kigali
6/05/2021 - 19:08
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19