Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva impanuro Minisitiri Bizimana yahaye Indangamirwa icyiciro cya 15
14/08/2025 - 16:47
Iyumvire imihigo y’Intore zo mu Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15
14/08/2025 - 16:57
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yasabye Indangamirwa kunyomoza abasebya u Rwanda
14/08/2025 - 14:44Iziheruka

Interamwete: Abagore bafashaga Interahamwe kwica Abatutsi (Ubuhamya)
10/04/2022 - 13:11
Twaganiriye na Dr. Odette Nyiramilimo ku byaranze u Rwanda mbere gato ya Jenoside
8/04/2022 - 12:17
Nta masomo mufite yo kutwigisha - Kagame abwira abanenga u Rwanda
8/04/2022 - 10:06
Nsabimana yakatiwe gufungwa imyaka 15, Rusesabagina aguma ku myaka 25
5/04/2022 - 09:44
Bahamijwe ibyaha byo gukora iterabwoba aho kuba ibyitso
5/04/2022 - 09:35
I Kigali habaye Misa yo kwibuka no gusabira Dr. Paul Farmer
3/04/2022 - 12:47
Perezida Kagame yatangije ikigo cy’ikoranabuhanga cyihutisha iterambere ry’inganda
1/04/2022 - 10:30
Miss Muheto: Sinzita ku banca intege ahubwo ibikorwa bizivugira
1/04/2022 - 10:10
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19