Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe ageza ku Nteko Ishinga Amategeko, Gahunda ya Guverinoma (2024-2029)
12/08/2025 - 18:10
The Day Hope Knocked: Sherrie Silver Beyond the Spotlight
13/08/2025 - 12:01
Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37Iziheruka

Ababyeyi ba Nyamasheke bajishiye igisabo Perezida Kagame
27/08/2022 - 22:25
Ibyo Perezida Kagame yaganiriye n’umukecuru Nyiramandwa iwe mu rugo
26/08/2022 - 23:20
Byari amarira n’agahinda mu gushyingura Yvan Buravan
25/08/2022 - 02:33
RDB yatashye agakiriro ka Cyarubare kubatswe mu mafaranga yinjijwe n’ubukerarugendo
25/08/2022 - 02:26
Ababyeyi barasabwa kurushaho kwita ku burere bw’abana
25/08/2022 - 02:16
Reba uko ba Minisitiri bari bizihiwe mu masengesho yo gusabira Igihugu
24/08/2022 - 17:54
Kurikira ijambo Madamu Jeannette Kagame yagejeje ku bitabiriye amasengesho yo gusabira Igihugu
22/08/2022 - 14:06
Abarangije muri Kepler bahawe impamyabumenyi
20/08/2022 - 08:36
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19