Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

Inside the launch of the African Forensic Science Academy in Rwanda
9/03/2023 - 21:40
Pastor Antoine Rutayisire: Uko yabaye mwarimu, yasoza Master’s agasubira kwigisha
6/03/2023 - 00:04
Abo GAERG yafashije komora ibikomere bya Jenoside barashima
5/03/2023 - 23:43
#ASFM2023: Inzobere ku bumenyi n’ibimenyetso bya gihanga zigiye guteranira mu Rwanda
5/03/2023 - 23:08
If you don’t want war, you prepare for it – Kagame on deployment of troops along DR Congo border
2/03/2023 - 21:08
Ryama usinzire - Perezida Kagame asubiza uwamubajije ku ntambara y’u Rwanda na DRC
2/03/2023 - 20:58
Kagame on Arsenal’s impressive Premier League run
2/03/2023 - 20:28
Ijambo rya Perezida Kagame risoza #Umushyikirano2023
2/03/2023 - 19:20
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19