Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Uwahoze muri Crap ya FDLR avuze ubuzima bwose bwayo n’ukuri ku rupfu rwa Col. Ruhinda
15/11/2025 - 23:10
Ibiro bivuza ubuhuha: Ibyaranze umukino APR VC yatsinzemo Gisagara VC amasti 3-0
15/11/2025 - 09:10
Polisi y’u Rwanda yafunguye ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga i Ndera
15/11/2025 - 23:15Iziheruka
Batanu bakurikiranyweho kwiba telefone no gufata ku ngufu
7/06/2024 - 10:21
Harimo icyumba cya VAR : Stade Amahoro hasigaye kuyitaha
7/06/2024 - 09:58
Minisitiri Bizimana: Uko irondabwoko rya Leta ryimitswe n’Abakoloni na PARMEHUTU
7/06/2024 - 09:48
Babyeyi b’Intwaza, muri ishuri twigiraho ubudaheranwa tuvuga iteka
7/06/2024 - 09:26
Reba uko byari byifashe ubwo Perezida Paul Kagame yatangaga kandidature
17/05/2024 - 15:36
Ikiganiro na Mukuralinda ku mubano w’u Rwanda n’amahanga
9/05/2024 - 12:16
Yigeze guhunga kubera ko se yamubuzaga gusabana n’Abatutsi (Ubuhamya)
9/05/2024 - 12:06
Imihigo y’abakinnyi n’abatoza ba APR BBC bitabiriye BAL muri Senegal
30/04/2024 - 14:45
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19