Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

Reba uko byari byifashe ubwo Abapolisi 34 basozaga amasomo
16/06/2024 - 23:10
Perezida Kagame yasheshe Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite
15/06/2024 - 06:47
Kwiremereza bicike burundu - Perezida Kagame yakira indahiro z’abayobozi bashya
15/06/2024 - 06:35
Minisitiri Bizimana yasabye urubyiruko kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside
10/06/2024 - 22:40
Kigali Peace Marathon 2024 attracts 10,000 athletes as Kenyans dominate the race
10/06/2024 - 22:27
Madamu Jeannette Kagame arasaba urubyiruko kwamagana abashaka gusenya ibyo u Rwanda rwagezeho
8/06/2024 - 22:10
First Lady attends Green Hills Academy Class of 2024 Graduation Ceremony
8/06/2024 - 22:06
12th Intake of Senior Officers from RDF, National Police & Allied Armed Forces Graduate
8/06/2024 - 21:59
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19