Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20
Rwanda Concludes 18th African Command and Staff Colleges Chief Instructors’ Workshop
25/07/2025 - 00:33Iziheruka

Video : Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakirwa i Addis Ababa
28/01/2017 - 18:15
I Kigali hatangijwe ikigo gishinzwe intego z’iterambere rirambye rya Afurika/SDGs
28/01/2017 - 15:40
Perezida Kagame yakiriye Minisitiri wa Nigeria ushinzwe Itumanaho
26/01/2017 - 17:12
Miss Rwanda 2017: Batanu nibo batorewe guhagararira intara y’iburasirazuba
25/01/2017 - 12:28
Abambasaderi 6 bashyikirije Perezida Kagame impapuro zibemerera guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda
24/01/2017 - 11:30
Miss Rwanda 2017: bane bahataniraga guhagararira amajyepfo bakomeje bose
23/01/2017 - 10:50
Uko byari bimeze ubwo imvura idasanzwe yagwaga mu mujyi wa Kigali
23/01/2017 - 10:33
MUSANZE: Kugemura urwagwa bibinjiriza menshi
19/01/2017 - 19:08
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19