Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Dore uko mu Karere ka Gicumbi bari bategereje umukandida Paul Kagame
10/07/2024 - 10:03
Mu rurimi rw’Urukiga, Abanya-Gicumbi bavuze ibigwi Kagame Paul wa RPF
10/07/2024 - 09:58
Intare ntabwo zihinduka imbwa, zisaza ari Intare - Kagame i Nyagatare
8/07/2024 - 09:05
Umuhanzi Butera Knowless yahaye isezerano rikomeye Paul Kagame
7/07/2024 - 16:00
Kagame Paul: FPR Inkotanyi ntabwo ari ziriya nyuguti eshatu gusa
7/07/2024 - 15:43
Itorero Urukerereza ryasusurukije abitabiriye ibirori byo #Kwibohora30
5/07/2024 - 08:38
#Kwibohora30 : Dore Akarasisi ka Gisirikare ko mu rwego rwo hejuru
5/07/2024 - 08:23
#Kwibohora30: Reba uko ibendera ry’u Rwanda ryagejejwe muri Stade Amahoro
5/07/2024 - 08:09
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19