Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58Iziheruka
VIDEO: Perezida Kagame yatangije imyitozo y’urubyiruko rutozwa umukino wa Basketball
7/08/2018 - 06:54
VIDEO: Perezida Kagame yasoje itorero Indangamirwa 11
6/08/2018 - 07:03
Dore udushya twaranze igitaramo ’Legends Alive’
30/07/2018 - 09:11
VIDEO: Yvonne Chaka Chaka yakoze igitaramo cy’amateka mu Rwanda
28/07/2018 - 14:26
VIDEO: Alpha Blondy yataramiye Abanyarwanda
27/07/2018 - 09:19
VIDEO: Minisitiri w’intebe w’ u Buhinde Narendra Modi aherekejwe na Perezida Kagame bagabiye abaturage ba Rweru Inka 200
24/07/2018 - 15:50
Ishuri rikuru rya gisirikare rya Gako rimaze kungura RDF aba ofisiye barenga 5000 kuva 1999
15/07/2018 - 10:00
Sogongera ku karasisi k’abasirikare basoje cadet i Gako - 2018
12/07/2018 - 16:16
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19