Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Izindi mpunzi 123 zageze mu Rwanda ziturutse muri Libya
14/10/2019 - 22:12
Reba umukinnyi David Luiz wa Arsenal ubwo yageraga mu Rwanda
14/10/2019 - 21:57
Patoranking yataramiye abitabiriye Youth Connekt Africa 2019
10/10/2019 - 15:26
Bazabaho nk’abandi Banyarwanda - Kagame avuga ku mpunzi zo muri Libya
10/10/2019 - 14:28
Kwitabira Youth Connekt ni iby’agaciro kuri jye - Patoranking
10/10/2019 - 13:54
Ni irihe banga ryatumye Gakwaya yegukana Rwanda Mountain Gorilla Rally 2019 ?
8/10/2019 - 23:00
Reba uburyo Abanyarwanda banikiye abandi muri Rwanda Mountain Gorilla Rally 2019
8/10/2019 - 00:58
Ibitaro bya Faisal byakoze imyitozo kuri EBOLA
8/10/2019 - 00:35
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19