Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58
Polisi y’u Rwanda yahaye abana impano za Noheli
25/12/2025 - 14:06Iziheruka
Reba uko Perezida Kagame yambitse ipeti rya Sous-Lieutenant abagera kuri 320
28/11/2019 - 21:51
Reba akarasisi k’abasoje amasomo ya gisirikare i Gako
17/11/2019 - 20:32
Perezida Kagame yagarutse ku buryohe bw’umwuga w’igisirikare
17/11/2019 - 10:58
Perezida Kagame n’imiryango ya ba General barahiye mu ifoto y’urwibutso
15/11/2019 - 14:05
Muraza kutubona! Kagame aburira abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda
15/11/2019 - 07:37
Abagore bo muri FPR bagiye gushoza intambara ku basambanya abana
11/11/2019 - 08:16
Ijambo rya Jeannette Kagame mu nama nkuru y’urugaga rw’abagore muri FPR-Inkotanyi
10/11/2019 - 18:27
Icyo Kagame avuga ku kuboneza urubyaro ku bana b’imyaka 15
9/11/2019 - 14:08
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19